in

Umukobwa w’imyaka 20 ibikorwa bye yakoze ku myaka ye micye bimukozeho (AMASHUSHO)

Umukobwa w’imyaka 20 wo mu gihugu cya Nijeriya wari uherutse gushaka yasutse amarira nyuma yo kubwirwa ko atazigera abasha kubyara bitewe ahanini nuko nyababyeyi ye yangiritse bitewe n’inda zigera kuri 35 uyu mukobwa yivugira ko yakuyemo.

Uyu mukobwa yagize ati:” Nakuyemo inda 35 ku myaka 20 , ubu ndubatse mfite umugabo none muganga yambwiye ko ntashobora kuzongera gutwita ,ubu igikurikiyeho n’uguhabwa gatanya “

Mu batanze ibitekerezo kuri iy’inkuru yuyu mukobwa ,hari uwagize ati:” Waryohewe n’ubuzima bwabashakanye utarashaka none urashatse ubuze ibyo byishimo ,birababaje nukuri ,ndakumva  “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yewe yarye warayatunukiye! Ukuntu Bamenya yashoye miliyoni 24 muri sinema zigashya agasigara nta rwara rwo kwishima

Ni igitangaza, Umurwayi wari urembye cyane yamaze iminsi itatu muri Ambulance atari yagera ku bitaro