in

Umukobwa wa Kwizigira yagize isabukuru! Umunyamakuru wa RBA, Kwizigira Jean Claude yagaragaje imbamutima ze nyuma yo kubona ibyishimo by’abana bari baje kwizihiza isabukuru y’ubuheta bwe – VIDEWO

Kwizigira Jean Claude uzwi mu biganiro by’imikino kuri RBA, yagaragaje imbamutima ze nyuma yo kubona ibyishimo by’abana bari baje kwizihiza isabukuru y’umukobwa we.

Ni ibirori byabaye kuri iki cyumweru tariki 10 Nzeri 2023, aho uyu mukobwa wa kabiri wa Kwizigira n’umugore we Clarisse, yujuje umwaka amaze avutse.

Kwizigira yagize ati “Kwizihiza isabukuru yumukobwa wacu mwiza Arlie Beyla. Turashimira Imana kuba yarahaye umugisha umuryango wacu!”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Cyakora ni wowe uzashobora kuba muri Kigali abandi barabeshya”: Rocky nyuma yo kubona ko ari we nimero ya mbere mugusobanura filime yahisemo kwerekeza muri Basketball yambaye imyenda yatumye abakunzi be bacika ururondogoro -AMAFOTO

Niwe mukinnyi ukina muri Rwanda Premier League uzagaragara mu mikino y’igikombe cy’Afurika: Umunyezamu w’ikipe ikomeye cyane mu Rwanda ikipe ye y’Igihugu yaraye ikatishije itike yo kujya muri CAN