in

Umukobwa usa nka se yavutse, umukobwa w’umuhanzi ukunzwe mu Rwanda usigaye wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America yagize isabukuru y’amavuko maze se aramutakagiza nk’umubyeyi wese wabyaye

Umukobwa usa nka se yavutse, umukobwa w’umuhanzi ukunzwe mu Rwanda usigaye wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America yagize isabukuru y’amavuko maze se aramutakagiza.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Umuhanzi w’umunyarwanda wibera muri Leta Zunze Ubumwe z’America, Alpha Rwirangira yifurije isabukuru nziza umukobwa we.

Yanditse ati: “Imyaka itatu irashize, umunsi nk’uyu nibwo izina ryanjye yahindutse. Iteka nzahora nshima. Shimwa mana ku bw’umugisha waduhaye hamwe n’impano y’agatangaza.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye impamvu abahanzi bamwe nka Big Fizzo, Bushali, Lino G n’abandi batumiwe mu gitamo cya The Ben batashye badahawe umwanya ngo baririmbe kandi bagombaga kuririmba

Impaka zabuze gihosha! Ku rubuga rwa X rwabuze gica hagati y’umugore wa Bruce Melodie n’uwa The Ben ku urusha undi ubwiza