in

Umukobwa uryamana n’abo bahuje igitsina yarize araboroga ubwo yacibwaga inyuma n’umukobwa bakundana(Video)

Umukobwa wo muri Nijeriya yagaragaye arira cyane nyuma yo kucibwa inyuma n’umukunzi we (Umukobwa mugenzi we) baryamana bahuje igitsina avuga ko atazongera kwizera abagore ukundi.

Uyu mukobwa yabitangaje ku mbuga nkoranyambaga abitangaza ngo afite imyaka iri muri 20, ntazongera gukundana n’abadamu kuko ubu bigaragara ko ibitsina byombi bicana inyuma.

Muri videwo ngufi yasangiye kuri enterineti ikaba ivanze nibintu byiza yibuka yagiranye nuwahoze ari umukunzi we, byombi bisa nkaho bihuye bityo rero ibintu bitangaje ntabwo byagenze nkuko byari byateganijwe avuga ko atazongera kwizera abagore ukundi mu buzima bwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iby’urugo rwa Alikiba n’umugore we imbwa zabirwaniyemo

Wa mwana wa Zari wavuzweho ubutinganyi afashe icyemezo cya kigabo