in

Umukobwa ukora umwuga w’uburaya yakoze agashya ahereza Bonane abagabo bose bamubereye abakiriya 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza

Umukobwa ukora umwuga w’uburaya yakoze agashya ahereza Bonane abagabo bose bamubereye abakiriya 2023 maze hitabazwa Police kugirango igikorwa kigende neza

Ku munsi wejo hashize tariki ya mbere Mutarama 2024, mu gihugu cy’ubuyapani umukobwa usanzwe akora umwuga w’uburaya yahaye promosiyo abagabo bose bishimanye umwaka wose kugirango abahe Bonane abashimira ko bamubereye abakiriya.

Uyu mukobwa usanzwe akorera mu mujyi witwa Hakodate muri iki gihugu, kuri uwo munsi yahaye itangazo abakiriya be kugirango abashimire ubukiriya bwabo bwiza bamugaragarije muri 2023 nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru kitwa Japantimes.

Abagabo bose bakimara kumva ibyo uyu mukobwa yatangaje bisukiranyije ari benshi cyane ndetse iby’uyu mukobwa yatangaje abishyira mu ngiro ndetse hitabazwa inzego z’umutekano zifasha abo bagabo kugirango igikorwa kigende neza.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore uherutse guha Yago Pon dat amafaranga agera kuri million y’Amanyarwanda, nawe yinjiye mu muziki ahita asohora indirimbo

Umukinnyi wa APR FC nyuma yumujinya amaze iminsi aterwa n’umutoza yasabye ubuyobozi ko bwamutiza mu ikipe ikomeye hano mu Rwanda