in

Umukobwa ukiri muto yishwe bunyamanswa

Umukobwa ukiri muto yishwe bunyamaswa n’abagizi ba nab, akicirwa hamwe n’umuririmbyi chop boi.

Umwe mu bantu bane yiciwe bunyamaswa i Abuja uzwi nka Blessing Kona Udie, wari umunyeshuri  muri kaminuza ya Gwarimpa.

Ku wa kabiri, tariki ya 27 Nzeri 2022, umunyeshuri umwe ndetse n’abandi bantu batatu barimo umucuranzi Chop Boii.

Bishwe n’abicanyi batamenyekanye mu nzu iri mu gace ka Gwarimpa i Abuja, mu murwa mukuru w’igihugu cya Nigeria

Bavugaga ko yari ahantu hadakwiye mugihe kitari cyo ubwo yaherekeje inshuti ze muri sitidiyo yumuziki yo muri ako gace.

Uwo wapfuye bivugwa ko yari umukunzi wa producer wa Chop Boii.

Mu kwemeza ibyabaye, umuvugizi w’ubuyobozi bwa polisi muri FCT, DSP Josephine Adeh, yavuze ko kuva icyo gihe abapolisi batangiye iperereza kuri iki kibazo.

Hagati aho, inshuti, abo bigana ndetse n’abagize umuryango bagiye kuri Facebook bandika mugahinda kenshi baririra uyu mukobwa wari ukiri muto.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news:Inkuru nziza kuri Ndimbati utacyibarizwa muri gereza

Breaking news: Inkuru ibabaje ku mukinnyi ukomeye w’ikipe ya Real Madrid