in

Umukobwa arashinja umuganga wo ku bitaro bya Gahini kumurya utwe nyuma yo kumwemerera ko azamukuriramo inda

Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi haravugwa inkuru y’umukobwa w’Imyaka 18 ushinja umuganga kumukuriramo inda bikanga kandi yamwishyuye.

Uyu mukobwa utuye mu Murenge wa Murundi arashinja Umuganga wo kubitaro bya Gahini witwa Daniel Urimubenshi kumukuriramo inda bikanga, akanga kumusubiza ibihumbi 25FRW yari yabanje kumuha.

Bari bumvikanye ko azamwishyura ibihumbi 40 Rwf aba amwushyuye ibihumbi 25Rwf. Ubuyobozi bw’Ibitaro bukavuga ko butabizi bugiye kubikurikirana.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Babikoraga nk’abatazongera kubibona: Diamond Platnumz na Zuchu bakomeje gutamazwa n’amashusho bafashwe mu gicuku baziko nta muntu ubabona bari gukora ibiteye isoni -AMASHUSHO

Abuzukuru bamaze kuba benshi! Nyamata hari ababyeyi bafashe umwanzuro wo kwirukana umukobwa wabo kubera ubwinshi bw’abana amaze kuhabyarira kandi ku bagabo batandukanye