in

Umukobwa amaze imyaka 2 atuburira abasore akabarya amafaranga baziko bari kuyaha Kayumba Darina, hari n’ibyamamare yatuburiye kugeza ubu amaze gutuburira abarenga 30!

Umukobwa amaze imyaka 2 atuburira abasore akabarya amafaranga baziko bari kuyaha Kayumba Darina.

Uyu mukobwa yakomeje kujya yaka abasore amafaranga baziko bari kuyaha Kayumba Darina kubera ijywi rye, uyu mukobwa azi kwigana ijwi rya Darina ku buryo utabasha kubatandukanya.

Mu kiganiro yagiranye na MIE yavuze ko amaze hafi imyaka ibiri agaburirwa n’abasore babaga baziko bari guteretana na Darina, ndetse ngo hari n’ibyamamare yatuburiye gutyo.

Uyu mukobwa kandi yavuze ko abo yatuburiye ari benshi cyane, ndetse yahamagaye umusore yabikoze aramutuburira ku mugaragaro.

Uyu mukobwa ngo ntiyarakigenda muri twegerane ahubwo yategaga taxi vatiri kubera amafaranga yabaga afite.

Reba videwo y’uyu mukobwa arimo atuburira umusore.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byemejwe ko umukinnyi w’umunyamahanga wagombaga gufasha APR FC atazakina na Pyramid FC

Abakinnyi 11 umutoza Thierry Froger utoza APR FC azabanza mu kibuga ejo bahawe intego yo kubabaza ikipe ya Pyramid FC