imikino
Umukinnyi yirukanwe muri Jeux Olympique azira gutoroka akajya kuryamana n’umukunzi we

Umukinnyi ukina Tennis ukomoka mu gihugu cy’ubufaransa witwa Benoit Paire yirukanwe muri jeux olympique azira gutoroka akajya kwisurira umukunzi we Shy’m wari yaramuherekeje i Rio.
Nkuko ikinyamakuru Pure People kibitangaza ngo Benoit Paire yatinzwaga no kurangiza imyitozo agahita yinyabya akigira kureba umukunzi we aho yari acumbitse mu gihe abandi bakinnyi babaga hamwe.
Ibyo rero bikaba byararakaje bikomeye umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wa Tennis muri France wahise afata icyemezo cyo kumwirukana atazuyaje ayo yavuzeko niba atabashije kwihangana iminsi cumi gusa ngo azabe yishimana n’umukunzi we nyuma ibyiza ari uko yakwigendera akajya kwishimisha gukina akabireka.
Benoit Paire rero nawe kaba yatangajeko ntakintu na gito yicuza ko yishimiye kugenda akajya kwirebera uwo akunda ndetse yo ngeraho ko kuriwe umukunzi we ariwe ufite agaciro kurusha ikindi kintu icyaricyo cyose kwisi.
Shy’MÂ nawe akaba yagaragaje Benoit ko yishimiye uburyo yitwaye.
I'm so proud of you anyway.
— Shy'm (@shymofficiel) August 9, 2016
Irebere Benoit Paire n’umukunzi Shy’M i Rio

Shy’M yaje gufana umukunzi we i Rio

Yapfaga gusohoka mukibuga agahita ajya kwirebera umukunzi we
-
Hanze20 hours ago
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden
-
Ubuzima23 hours ago
Dore impinduka zaba ku mubiri wawe uramutse uriye umuneke ukarenzaho ikirahuri kimwe cy’amazi mu gitondo.
-
Imyidagaduro12 hours ago
Impamvu Mwiseneza Josiane adakora ubukwe yamenyekanye
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abakobwa bakunda abasore bameze nka The Ben nyamara bo batameze nka Pamella
-
Imyidagaduro16 hours ago
Dore ubutumwa wa munyamakuru wa RBA wiciwe ubukwe ku munota wa nyuma yagenewe n’abafana be
-
imikino18 hours ago
Sadate yakijweho umuriro asabwa gutanga kimwe cya kabiri cy’amafaranga yemereye abakinnyi b’Amavubi
-
Inkuru rusange10 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
inyigisho12 hours ago
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.