in ,

Umukinnyi w’icyatwa niwe ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gusimbuza abarimo Youseff Rharb ndetse na Abkar Mugadam hashobora kwiyongeraho na Ojera ushobora kugenda

Umukinnyi w’icyatwa niwe ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gusimbuza abarimo Youseff Rharb ndetse na Abkar Mugadam hashobora kwiyongeraho na Ojera ushobora kugenda

Ikipe ya Rayon Sports muri iyi minsi irimo kuvugwa cyane nyuma y’amakuru arimo kuyivugwamo harimo abakinnyi ishobora gutandukana nabo ndetse nabo ishobora kugura kugirango ikomere kurushaho.

Amakuru ahari aravuga ko iyi kipe yatangiye ibiganiro n’umukinnyi witwa Hamis Cedric wanayikinnye kugirango aze ayifashe mu mikino isigaya kugirango Shampiyona urangire.

Uyu mukinnyi yakinaga mu gihugu cya Saudi Arabia mu ikipe yahembwaga asaga Milliyoni 40 ariko kubera ibibazo yagiranye n’iyi kipe bigatuma kubona indi bigorana cyane ari nacyo Kirimo guha amahirwe Rayon Sports ku kuba yamwegukana kuko arimo gushaka ikipe muri iyi minsi cyane ndetse akaba anabatizwa hano mu Rwanda.

Hamis Cedric agiye gusimbura abarimo Youseff Rharb ndetse na Abkar Mugadam, ndetse kandi bivugwa ko iyi kipe izanatandukana na Ojera hamwe na Luvumbu bashobora kwerekeza mu yandi makipe hatagize igihinduka.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Hassan
Hassan
8 months ago

Cedric arashaje peeee

Ese nawe uremeranya nawe? Umuraperi ukunzwe cyane mu Rwanda yatangaje ko kunywa itabi nta kibazo kirimo ahubwo ko ari umuco nyarwanda -AMASHUSHO

Amarira yaragiye gutakara: Dogiteri Nsabi yavuze agahinda yatewe n’umukobwa yakunze ndetse n’ibintu yamuhaye byose ariko akanga akamukatira -AMASHUSHO