in

Amarira yaragiye gutakara: Dogiteri Nsabi yavuze agahinda yatewe n’umukobwa yakunze ndetse n’ibintu yamuhaye byose ariko akanga akamukatira -AMASHUSHO

Amarira yaragiye gutakara: Dogiteri Nsabi yavuze agahinda yatewe n’umukobwa yakunze ndetse n’ibintu yamuhaye byose ariko akanga akamukatira.

Umunyarwenya ukunzwe cyane hano mu Rwanda Dogiteri Nsabi umaze kwigarurira imitima y’abakunzi b’urwenya ubwo yari mu kiganiro ku Isimbi TV yatangaje uburyo yahaye umukobwa biswi ndetse akamwandikira n’urupapuro rwuzuyeho imitoma ariko bikarangira n’ubundi atamuhaye urukundo yifuzaga.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’icyatwa niwe ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gusimbuza abarimo Youseff Rharb ndetse na Abkar Mugadam hashobora kwiyongeraho na Ojera ushobora kugenda

Kicukiro: Ikamyo yari ifite ibirango byo mu Burundi yakoze impanuka igonga ikigo cy’amashuri