in ,

Umukinnyi w’ibihe byose wa Arsenal yaciye bugufi yemeza ko arushwa kure n’uyu mukinnyi w’UMUSIMBURA mw’ikipe ya bakeba Manchester United bishavuza cyane abafana

Ihangana riri hagati y’ikipe ya Manchester United ndetse na Arsenal,Thierry Henry watsindiye Arsenal ibitego 175,utagereranywa n’undi mukinnyi uwo ari we wese wanyuze muri Arsenal,byaje kumucaho cyangwa se avugisha ukuri,ubwo yavugaga ko Anthony Martial ku myaka ye 21,nta hantu na hamwe ahuriye nawe.Thierry Henry has tipped Manchester United's Anthony Martial to become a world-class player

Anthony Martial wakomeje kugereranywa cyane na Thierry Henry bose kubera ko bakuriye mw’ikipe ya Monaco ndetse kubera bakina biturije ariko bafite impano idasanzwe,kuva Martial yagurwa na Man Utd amafaranga menshi cyane akurwa muri Monaco.Mu magambo yivugiye ubwe nk’iko bitangazwa na Dailymail yivugiye ati “Anthony Martial ku myaka ye 21 nta hantu ahuriye nanjye nyifite icyo gihe.Ashobora kuzaba umwe mu bakinnyi bakomeye cyane kw’Isi mu myaka iri imbere.”

Anthony Martial nubwo akenshi asimbura iyi saison,nyamara amaze gutsinda ibitego 5 ndetse atanga n’imipira 6 ivamo ibitego mu mikino 9 gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kera kabaye The Ben yasabwe urukundo n’umwe mu bafana be

Umuhanzikazi Shakira ari mu kaga gakomeye kubera umugabo we Gerard Pique