in

Umukinnyi warangiye Rayon Sports rutahizamu mushya bakiriye ejo hashize benshi bakomeje kwemeza ko ataranga umukinnyi mubi bitewe n’ubuhanga nawe yerekanye agakundwa cyane

Umukinnyi warangiye Rayon Sports rutahizamu mushya bakiriye ejo hashize benshi bakomeje kwemeza ko ataranga umukinnyi mubi bitewe n’ubuhanga nawe yerekanye agakundwa cyane

Hashize iminsi micye ikipe ya Rayon Sports izanye rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Guinea Conakry witwa Alsény Camara Agogo, gusa ngo uyu mukinnyi ntabwo arafatisha cyangwa ngo agaragaze ubuhanga bwe nkuko bamuzanye babyifuza.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kubona ko uyu rutahizamu adashoboye bazanye undi rutahizamu nawe uje gukora igeragezwa ku buryo ngo mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona iyi kipe izaba ifite rutahizamu ukomeye.

Uyu rutahizamu ukomoka muri RDC witwa Mabiala Kinkela, YEGOB twamenye ko uwamuranze ari Hertier Luvumbu Nzinga ndetse bamwe mu bo twaganiriye bareza ko ashobora kuba ari umuhanga ngo kuko uwamuranze nawe yerekanye ko ashoboye cyane.

Ikipe ya Rayon Sports kugeza ubu iri ku mwanya wa 4 nyuma yo gutsinda ikipe ya Police FC ibitego 2-1 n’amanota 20. Ku munsi w’ejo iyi kipe izakina na Bugesera FC saa kumi n’ebyiri, umukino uzaba utoroshye.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Icyifuzo cy’abafite ubumuga bwo kutumva no kutabona bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda

Umugabo wari wasazwe n’irari ry’umubiri, yabuze uko yigenza maze ajya kubirangiriza ku ifoto ya Miss Naomie Nishimwe iri ku muhanda – VIDEWO