in

Umukinnyi wahawe igihembo wahize abandi yamenyekanye nubwo bidashimishije ku bakunzi b’ikipe imwe ikomeye hano mu Rwanda

Umukinnyi wahawe igihembo wahize abandi yamenyekanye nubwo bidashimishije ku bakunzi b’ikipe imwe ikomeye hano mu Rwanda

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier league bwamaze gutanga igihembo cy’umukinnyi mwiza w’ukwezi kwa 12 umwaka ushize wa 2023.

Bari abakinnyi batandukanye bagombaga gukurwamo umukinnyi umwe barimo Victor Mbaoma, Hertier Luvumbu Nziga ndetse na Muhadjiri Hakizimana. Kugeza ubu igihembo cyahawe Victor Mbaoma watakira ikipe ya APR FC.

Mu matora yabaye ku mbuga nkoranyambaga uwari ufite amajwi menshi kurusha abandi yari Hertier Luvumbu Nziga benshi bibazaga niba ari we urahabwa iki gihembo ariko byarangiye atari we ugihawe.

Ibi bihembo byatanzwe mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri bigirwamo uruhare na Kompanyi ikomeye hano mu Rwanda icyuruza ibijyanye no gutega ku mikino itandukanye ku isi.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uncle Austin yavuze amagambo akomeye nyuma yo kugirana ibibazo na Shaddy Boo

Nyuma y’umutoza abafana ba Rayon Sports bongeye kugaragaza umukinnyi badashaka ko aguma muri iyi kipe