in

Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare, Mugisha Moïse wamamaye muri ‘Tour De Rwanda’ yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yari mu myitozo

Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare, Mugisha Moïse, yakoze impanuka ikomeye akomereka urutugu ubwo yari mu myitozo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Ugushyingo 2023.

Mu butumwa yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa X, Mugisha Moïse yagize ati “Harubwo tuzaramukira turi bazima ariko bwire tutakiri muruyu mubiri. Hashimwe yesu unkijije muruyu mugoroba. Urakoze Mana.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Imana ubwayo yanzamuye niyo yampanura” Dr Paul Gitwaza yahumurije Abakristu ba Zion Temple – VIDEWO

Nyamasheke abasore babiri bafatanyije bica nyina hacyekwa icyo bamuhoraga