in

Umukinnyi wa Tottehnam yabajijwe ikibazo agisubiza mu buryo bwatunguye benshi

Umunya-Suede Dejan Kulusevski ukinira ikipe ya Tottehnam Hotspur yo mu Bwongereza nka rutahizamu uca ku ruhande (Winger), yabajijwe abakinnyi 5 beza b’ibihe byose muri Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza Premier League bakina basatira izamu ariko baciye ku ruhande (Wingers) maze atungura benshi.

Dore aba-wingers Kulusevski abona beza b’ibihe byose muri Premier League:

5. Gareth Bale

4. Willian

3. Mohammed Salah

2. Cristiano Ronaldo

1. Eden Hazard

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Youseff Rharb yongeye guteza urunturuntu muri Rayon Sports nyuma y’ibyo umutoza yabwiye abayobozi akimara kubona bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe bibagiwe inshingano

Camavinga yamaze kuva mu mwiherero w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa kubera ikibazo k’imvune