in

Umukinnyi wa Rayon Sports yahamagawe n’umuyobozi abwirwa ko yigumira iwabo batacyimukeneye

Umukinnyi wa Rayon Sports yahamagawe n’umuyobozi abwirwa ko yigumira iwabo batacyimukeneye

Uwari umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports umwaka ushize wakinaga mu kibuga hagati Rafael Osaluwe yabwiwe ko agomba kwigumira iwabo kuko ngo ntagikenewe.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze isuzuma ry’abakinnyi izakoresha umwaka utaha w’imikino nyuma yo kugura abanyamahanga bakomeye ndetse banashake abo barekura babona badakeneye.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko ku munsi wejo nyuma yiri suzuma, ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamenyesheje umunya-Nigeria Rafael Osaluwe Olise ko baganira bakamuha ibyo bamugomba bagatandukana mubwumvikane ariko uyu mukinnyi ntabwo abyumva.

Rafael Osaluwe Olise impamvu bishoboka atazakomezanya n’ikipe ya Rayon Sports ni uko ku mwanya we iyi kipe ifite abakinnyi bakomeye harimo ni uwo yaguze mushya kandi ukomeye ari we Aruna Moussa Madjaliwa.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kugaragara mutsi y’ukwaha kwa Deej Pius yongeye kugaragara akorera ibintu bisekeje muruhame -VIDEO

Ntukadusebye jya wishyura VIP! Umuhanzi Yago Pundat yasererejwe n’abantu bitewe n’icyiro yari yicayemo mu ndege ubwo yerekezaga muri Nigeria -AMAFOTO