in

Umukinnyi wa film arishimira kuba yaramenyekanye akaryamana n’abarenga 200 bitewe niyo film mwakunze cyane

Akenshi iyo umuntu abaye umusitari akamenyana n’abanti benshi bishobora gutuma aryamana n’abandi bantu benshi cyane.

Jennifer Coolidge yishimiye uretse kuba yarakuye amafaranga menshi muri film yakinnye yitwa American Pie, yavuze ko yanatumye aryamana n’abareng 200 ibintu yumvaga bitashoboka.

Ati “Ndakubwiza ukuri hari abantu nka 200 ntari kuba nararyamanye nabo iyo bitaba iriya filime. Nungukiye byinshi mu gukina iriya filime.”

American Pie ni imwe muri filime zakunzwe cyane cyane n’ab’urubyiruko. Imibare igaragaza ko kuva yasohoka yinjije arenga miliyoni 235$.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye ikibazo cy’amasogisi make adakwiriye abakinnyi muri Rayon sports

Karongi: umukobwa yishe umwarimu nyuma y’uko umushahara uzamuwe