in

Karongi: umukobwa yishe umwarimu nyuma y’uko umushahara uzamuwe

Muri iyi minsi urugomo rukomeje gufata indi ntera hirya no hino hano mu Rwanda bitewe n’amakimbirane ya buri munsi hano mu Rwanda.

Icyaha uregwa ashinjwa cyakozwe ku itariki ya 28 Kamena 2022 ahagana saa sita z’amanywa (12h00) mu Mudugudu wa Nyabiranga, Akagari ka Muhororo mu Murenge wa Murambi ho mu karere ka Karongi.

Uyu mukobwa ni umucuruzi wapfuye amafaranga n’uyu mwarimu aho bari baguze ibintu by’amafaranga 18,000 umwarimu amwishyura 10,000 amubwira ko andi mafaranga yayamuhaye.

Nyuma yo kutumvikana, umukobwa yahise azana icyuma yagihishe mu ikabutura ahita akimutera mu gatuza umwarimu ahita yikubita hasi yitaba Imana.

Ubushinjacyaha bwasabiye uyu mukobwa igihano cyo gufungwa burundu, urukiko ruzasoma umwanzuro ku wa 10/08/2022.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Elie
Elie
1 year ago

Title yanyu irabeshya mwishakira views. This is unprofessional

Umukinnyi wa film arishimira kuba yaramenyekanye akaryamana n’abarenga 200 bitewe niyo film mwakunze cyane

“Ndarongora mbere ye”Umunyarwenya nyaxo yibasiye Sebu ndetse ahishura byinshi kuri Knowless