in

Umukinnyi wa Basketball Wilt Chamberlain yaciye agahigo ko kuryamana n’abakobwa ibihumbi 20,000 ku myaka 55

Umukinnyi w’icyamamare muri Basketball Wilt Chamberlain yaciye agahigo ko kuryamana n’abakobwa benshi  barenga ibihumbi 20,000  ku myaka 55 yonyine ,bikanavugwa ko yari afite ubwandu bwa Sida.

Abinyujije mu gitabo cye yigeze kwandika yise  “Wilt: Larger Than Life,”  Wilt Chamberlain yavuze ko iteka kubona abakobwa benshi iruhande rwe aribyo bintu bimushimisha ,kandi ko icyongeyeho gukora imibonano mpuzabitsina ari ikintu kibanze mu buzima.

Muri iki gitabo Wilt Chamberlain ahishura ko byibura ku munsi yaryamanaga n’abakobwa bari hagati ya babiri na batatu  uhereye igihe yatangiriye gukora imibonano mpuzabitsina ku myaka 15 , kuburyo byaje kurenga abaze asanga yaryamanye n’abakobwa barenga ibihumbi 20,000.

Mu gitabo bise  A View From Above,” cya Earvin Magic Johnson,yavuzemo ko ibyo byose yabikoraga arwaye Sida ,icyakora nyuma umuryango wa Wilt uvuga ko ibyo byanditswe ari ugusebanya nta Sida Wilt afite.

Icyakora nanone ku rundi ruhande abantu abantu batandukanye bagiye bavuga ko nubwo yaba adafite sida ,yabaye imbata y’ubusambanyi ,niyo aza kuyandura ntagitangaje cyari kuba kirimo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sports igiye kongera gukora igikorwa gituma benshi bayisuzugura nyuma yo kwegurira ikipe Mvukiyehe Juvenal

Umwana w’imyaka 6 yarashe umwarimu wamwigishaga