in

Umukinnyi uri kwisonga mu batwaye Champions League nyinshi yeruye atangaza ikipe izegukana iki gikombe gusa ibyo yavuze byatumye n’abakunzi b’iyi kipe batamushyigikira

Umukinnyi uri kwisonga mu batwaye Champions League nyinshi yeruye atangaza ikipe izegukana iki gikombe gusa ibyo yavuze byatumye n’abakunzi b’iyi kipe batamushyigikira.

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa Varane wakanyujijeho mu ikipe ya Real Madrid ubu akaba akinira ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’u Bwongereza yatangaje ko abona bishoboka ko ikipe ya Manchester United yatwara igikombe cya Uaefa Champions League.

Varane wegukanye iki gikombe inshuro zigera kuri enye abantu benshi ntabwo bigeze bemeranya nawe ubwo yatangazaga ko Manchester United ishobora kwegukana igikombe cya Uaefa Champions League impamvu ntayindi nuko iyi kipe imaze iminsi igaragagaza urwego ruri hasi cyane.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impaka zabuze gihosha! Ku rubuga rwa X rwabuze gica hagati y’umugore wa Bruce Melodie n’uwa The Ben ku urusha undi ubwiza

Videwo ya wa musore wanze gusiga ibiryo muri resitora akagenda abirya kuri moto ikomeje gutangaza benshi