in

Umukinnyi ukomeye yahagaritswe nyuma yo gufatwa atumura itabi ku ntebe y’abasimbura

Umukinnyi ukomeye wanyuze mu ma ekipe nka inter Milan n’izindi yahagaritswe nyuma gufatwa atumura itabi rwihishwa ku ntebe y’abasimbura.

Amazina ye ni Radja Nainggolan kuri ubu ukinira ekipe yitwa Royal Antwerp ubu akaba yahagaritswe igihe kitazwi nyuma y’uko agaragaje iyo myitwarire idahwitse mu kibuga.

Yakoze ibi ubwo bakinaga umukino wabahuzaga na Standard De Liège bakina umukino wa shampiyona.

Kandi ibi byatumye hazamuka intonganya byatumye bizamo n’abafana bavuga ko uyu musore agomba gupimwa niba nta biyobyabwenge biri mu maraso ye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

MU MAFOTO: Dore ubwiza n’agaciro k’imodoka umuhanzi Bushali asigaye agendamo

Mu gahinda ku maso yabo As Kigali yageze i Kigali (Amafoto)