in ,

Umukinnyi ukomeye wa ruhago mu rukundo n’umukinnyi ukomeye wa film z’urukozasoni Pamela Anderson

Abantu benshi bazi umugore Pamela Anderson kubera filime z’urukozasoni yigeze gukina akazubakirimo izina rikomeye cyane nubwo muri iyi minsi yabaye azihagaritse ngo ajye nu zindi gahunda zamwinjiriza agafaranga.

Uyu mugore yaba yarigaruriwe wese n’umukinnyi wa ruhago Adil Rami ukinira ikipe ya Seville ndetse n’iy’ikipe y’igihugu y’abafaransa.Uyu mugore yaba yarakoze ingendo nyinshi muri iyi minsi aza ku mugabane w’i Burayi kureba uyu musore nku’uko ikinyamakuru VOICI kibitangaza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’abakinnyi banywa amatabi menshi ku munsi kurusha abandi

Inkuru Ishyushye-Bidasubirwaho Lionel Messi ari mu mazi abira kubera ubukwe bwe