in

Umukinnyi Rayon Sports yasezereye yamaze gusinyira ikipe ikomeye ikunze gutsinda Gikundiro kugirango ajye ayihimuraho

Umukinnyi Rayon Sports yasezereye yamaze gusinyira ikipe ikomeye ikunze gutsinda Gikundiro kugirango ajye ayihimuraho

Ikipe ya Rayon Sports yasezereye umukinnyi ahita agurwa n’ikipe ijya itsinda Gikundiro kugirango ajye ayihimuraho.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na Nkurunziza Felicien waguzwe umwaka ushize ariko mu ikipe ya Rayon Sports nibyaza kumuhira kuko ntiyabonye umwanya uhagije kugirango yigaragaze.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko Nkurunziza Felicien yasinyiye ikipe ya Musanze FC umwaka ushize yatsinze Rayon Sports mu buryo bworoshye. Uyu mukinnyi avuga ko guhitamo Musanze ngo ni uko ikunze gutsinda Rayon Sports avuyemo, bivuze ko ashobora kujya yihimura.

Musanze FC kugeza ubu ntabwo iratangaza abakinnyi bose yaguze amakuru dufite ni uko kugeza ubu ari uyu musore gusa wamaze gusinya. Biteganyijwe ko iratangira nayo gutangaza abakinnyi yaguze mu minsi micye iri imbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mwaka bayitege: Arsenal yatsinze imvura y’ibitego ishimangira ko ishaka igikombe cya shampiyona -AMAFOTO

APR FC yahinduye ikibuga cy’imyitozo kugirango yerekane abakinnyi bose b’abanyamahanga yaguze