in

Umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Kiyovu Sports ari mu gahinda gakomeye cyane

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati asatira mu ikipe ya Kiyovu Sports, Bigirimana Abedi ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha sekuru na nyirarume.

Nyuma yo kumenya ayo makuru ikipe ya Kiyovu Sports yihanganishije uyu mukinnyi wayo ukomoka mu Burundi.

Kiyovu Sports yihanganishije Abbedi ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo zigiye zitandukanye.

Ati: “Umuryango wa Kiyovu Sports twihanganishije umwe mu bakinnyi bacu, Bigirimana Abedi, wapfushije sekuru na nyirarume. Turamuzirikana mu masengesho yacu muri ibi bihe bikomeye.”

Uyu mukinnyi wigaragaje muri Shampiyona aho yatsinze ibitego 11 mu mwaka wa mbere akinira Kiyovu Sports yigeze kwifuzwa na Yanga SC yo muri Tanzania ndetse ntibiramenyekana niba azakomeza na Kiyovu Sports.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yavuze uko yasambanyijwe n’imbwa hamwe na nyirabuja

Rwanda: umukobwa akomeje guca ibintu kuri Twitter nyuma yo kwereka ab’igitsinagabo amatako ye akabarya akayabo