in

Umukinnyi APR FC wasoje Shampiyona afite uburwayi budasanzwe ku mukinnyi ubu arimo kwizeza abakunzi kuzabaha ibyishimo bikomeye

Umukinnyi APR FC wasoje Shampiyona afite uburwayi budasanzwe ku mukinnyi ubu arimo kwizeza abakunzi kuzabaha ibyishimo bikomeye

Shampiyona ijya gusozwa myugariro w’ikipe ya APR FC Niyigena Clement yari afite uburwayi bukomeye ariko kugeza ubu ameze neza.

Uyu mukinnyi ubwo Shampiyona yaburaga imikino micye bivugwa ko yarwaye Maralia ariko abatoza kuko yashakaga ko uyu mukinnyi akoreshwa cyane, baje kumugarura mu kibuga atarakira neza ariko babwiwe n’abaganga ko ameze neza ahita yongera kurwara mu buryo bukomeye Shampiyona isozwa akomeze nabi.

Uyu musore bivugwa ko nyuma yo kuremba cyane burya ngo yari yarwaye Igituntu ari nayo mpamvu ubuyobozi butigeze butangaza indwara uyu musore yarwaye ariko kugeza ubu ameze neza niyo muganiriye akubwira ko yiteguye Shampiyona n’imbaraga nyinshi cyane.

Ikipe ya APR FC iratangira imyitozo mu cyumweru gitaha, kuko ikirimo gushaka abatoza bazayifasha umwaka utaha w’imikino ndetse hari n’abakinnyi ikirimo kuganira nabo bagomba kuzanwa muri iyi kipe.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC bidasubirwaho yamanuye myugariro ukomeye cyane ashobora kuba ari nawe wa nyuma iyi kipe isinyishije w’umunyamahanga

Umuriro uzaka: Diamond Platunmz yahuye na Spice Diana bitegura gukorana indirimbo maze harashya (Amafoto)