in

Umukinnyi APR FC iheruka gutandukana nayo ashobora kugaruka hano mu Rwanda nyuma yo kugurwa n’ikipe ikomeye akaba yarabuze umwanya wo gukina

Umukinnyi APR FC iheruka gutandukana nayo ashobora kugaruka hano mu Rwanda nyuma yo kugurwa n’ikipe ikomeye akaba yarabuze umwanya wo gukina

Muri iyi meshyi ishize nibwo ikipe ya APR FC yatandukanye na Mugisha Bonheur Casemiro yerekeza mu gihugu cya Libya mu ikipe ya Al Ahly Tripoli ariko kubona umwanya wo gukina bikomeje kwanga.

Uyu mukinnyi benshi bemeza ko yari mwiza mu kibuga hagati, biravugwa ko hari ahandi ashobora kwerekeza mu makipe yo mu Barabu aho azabona umwanya wo gukina cyangwa akagaruka hano mu Rwanda mu ikipe ya APR FC yagiriyemo ibihe byiza.

Abakinnyi benshi b’abanyarwanda bakunze kudahirwa iyo bagiye hanze y’u Rwanda Mugisha Bonheur agarutse hano mu Rwanda ntabwo byaba bitunguranye kubera ko iyo umunyarwanda abashije kwerekeza hano y’u Rwanda akagumayo nibyo biba inkuru.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu babiri bakomeye bihishe inyuma y’ifungwa rya Titi Brown bamenyekanye

Nyandwi! Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abagore arunamye ubundi Ghana irakubita irihaza (AMAFOTO)