in

Umukecuru w’imyaka 97 wihebeye ikipe y’igihugu Amavubi, yahuye na Hakim SAHABO usanzwe ukina mu Bubiligi – AMAFOTO

Hakim SAHABO ukiri muto ukina mu Bubiligi mu ikipe ya Royal Standard de Liège w’imyaka 18 y’amavuko yahuye n’umukecuru Mukanemeye Madeleine ubwo umuko w’ikipe y’igihugu Amavubi na Zimbabwe warangiraga.

Mukanemeye Madeleine akunda umupira w’amaguru ku buryo nta mukino ajya asiba igihe ikipe afana ya Mukura VS ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi iyo zakiniye i Huye.

Hakim SAHABO yahuye n’uyu mukecuru nyuma y’umukino wahuzaga Amavubi na Zimbabwe zanganyije 0-0. Uyu musore yaje no kwitwaramo neza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bose bari bayambaye: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yerekanye umuryango we bose bambaye imipira yanditseho umubare usobanuye byinshi mu buzima bwabo -AMAFOTO

Inzoga n’indaya nibyo byamukozeho! Nzovu winjyiye muri sinema muri 2006 yatangaje ikintu gihambaye yakuyemo ariko nyuma akaza kongera kugitakaza -AMASHUSHO