in ,

“Umuhungu wange abikora neza kurenza abandi bagabo bose” Umugore yatanze ubuhamya bw’uburyo umuhungu we yamubereye intwari mu buriri

“Umuhungu wange abikora neza kurenza abandi bagabo bose” Umugore yatanze ubuhamya bw’uburyo umuhungu we yamubereye intwari mu buriri.

Ibintu bikomeje kuba bibi cyane ku isi kugeza naho abantu batangiye kujya bashakira ibyishimo mu nzira z’ubuyobe.

Umugore w’imyaka 43 ukomoka muri Nigeria yitangiye ubuhamya bw’uburyo aryamana n’umwana we ndetse nta n’umuntu umurusha kunoza inshingano zo mu buriri.

Yagize ati “umwana wange ni intwari mu buriri kurenza abandi bagabo bose nahuye nabo yaba ise cyangwa umugabo twabanaga”.

Uyu mugore yatangiye kujya aryamana n’umwana we nyuma yaho amusanganye n’undi mukobwa bari mu busambanyi.

Uko byatangiye, ubusanzwe uyu mugore yari asanzwe abana n’umugabo utari ise wuwo mwana w’imyaka 20 gusa. Ariko umugore yahoraga yinubira ko umugabo atanoza neza inshingano zo mu buriri.

Umunsi umwe uyu mugore yagiye ku kazi, umuhungu we yasuwe n’umukobwa w’inshuti ye, mu kumusura baraganiriye ariko nyuma haza kuvamo gukora imibonano mpuza bitsina.

Ubwo nyina yabaguye gitumu arabafata, uwo munsi nyina yararakaye cyane kuko atari asanzwe abizi ku mwana we, ubwo umukobwa yaratashye ndetse nyina n’umwana baguma aho mu rugo, gusa bidatinze umugore yasabye umwana ko amukorera nkibyo yahoze akorera w’amukobwa.

Umwana yarabyemeye ndetse bifata indi ntera kugeza aho babayeho nk’umugabo n’umugore ndetse kubera ukuntu umugore yiyumvagamo umwana we kurusha abandi bagabo bose, yahisemo kwaka gatanya n’uwo mugabo babanaga.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yazikomaguye umugenda! Manchester City yegukanye igikombe kiruta ibindi byose i Burayi maze ihata ijya mu bandi bagabo

“Burya ntukwirirwana n’abantu tutazi ko ari abafande”: Deej Pius na Yvan Muziki batumye abantu bacika ururondogoro nyuma yo kugaragara mu myambaro y’ingabo z’Igihugu (Amafoto)