in

Umuherwekazi wahoze ari umugore wa Safi Madiba yatangaje umushara yatangiye akorera bitungura benshi

Nubwo hari benshi bagendaga bamuca intege ariko muri we yagumanye ibyiringiro bikomeye ndetse n’ikizere cyuko icyo ashaka azakigeraho kuko yavuye kure.

Uyu muherwekazi yavuze ko yatangiye ari umukobwa usanzwe ndetse ukorera n’amafaranga make cyane kuko yatangiye akorera ibihumbi 20 ku kwezi, gusa yagiye azamuka aza no kugera ku mushahara w’ibihumbi 100.

Nubwo yatangiye akorera umushahara w’ibihumbi 20 gusa ntiyigize acika intege, kandi kudacika intege byamugejeje kure kuko byamufashije kuba yashinga kampanyi ye bwite kandi ikomeye.

Uyu muherwekazi wahoze ari umugore wa Safi Madiba, mu kiganiro yagiranye n’ Isimbi TV yabatangarije ko ubu ikintu asigaje kugura ari indege kandi ko afite ikizere cy’uko azayigura.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali ntabwo bakigira isoni: Umusore n’inkumi bagaragaye barimo gukora imibonano mpuzabitsina mu ruhame izuba riva(videwo)

Ese Real Madrid iremera gukomeza gusuzugurwa n’ikipe ya FC Barcelona