in ,

Umuherwe wa Facebook Marc Zuckerberg agiye kugura ikipe ikomeye yo mu bwongereza

Mark-Zuckerberg

Umuherwe w’urubuga rwa Facebook Marc Zuckerberg, nyuma yo kuryoherwa cyane n’umupira w’amaguru wo mu gihugu cy’ubwongereza nkuko tubikesha ikinyamakuru Forbes Magazine, uyu mugabo akaba yahisemo kureba uko yashora amafaranga ye muri imwe mu makipe yo mubwongereza. Mark Zuckerberg  (Reuters)

Inkuru dukesha ikinyamakuru Sunday times iravuga ko uyu mugabo yiteguye gutanga Miliyari imwe y’amaPound kugirango abe yareba uko yagura imigabane mu ikipe ya Tothenham Hotspurs. Gusa ibi akaba ashaka kubikora kugirango ahangane n’abandi baherwe babanyamerika bafite imigabane mu makipe yo mubwongereza mu rwego rwo kureba uko yakongera amafaranga yinjiza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho yuje ibinezaneza ya Butera Knowless na Clement Ishimwe yavuzweho na benshi (yarebe hano)

KIGALI: Ibanga abakobwa bakoresha kugira bagaragare nk’abafite ibibuno kinini mu mashusho y’indirimbo ryatahuwe