in ,

KIGALI: Ibanga abakobwa bakoresha kugira bagaragare nk’abafite ibibuno kinini mu mashusho y’indirimbo ryatahuwe

Nk’uko umwe mu bakobwa bagaragara mu mashusho y’indirimbo za hano mu Rwanda tutashatse gutangaza izina yabitangariye YEGOB.RW ngo bo bigurira Butt Pads mu bihugu by’abaturanyi nk’Ubuganda cyangwa Tanzania kuko arizo zihendutse maze bakazifashisha mu gihe basabwe kujya imbere ya camera babyina banyonga ikibuno (Twerk) .

Ati” yego,hari amashusho y’indirimbo batakwemerera kugaragaramo udafite inyuma hanini,cyane nk’iyo uyoboye gufata amashusho (Video director) yategetse ko muzaba mugaragara mubyina Twerk… ..bamwe rero twifashisha Butts pads kuko nizo zihendutse kandi iyo uzambaye ubasha gukora ibyo baba bifuza ku buryo bworoshye kandi bushamaje….tuzitumiza muri Uganda cg Tanzania kuko hano mu Rwanda ntaho bazicuruza”

Usibye bano bazambara kugira babashe kugaragara mu mashusho y’ indirimbo hanze cyane muri USA hari n’abambara butt pads kugira babashe kwigaruri intagazamakuru cyangwa abantu ku mbuga nkoranyambaga,urugero :Amber Rose,Kim Kardashian

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuherwe wa Facebook Marc Zuckerberg agiye kugura ikipe ikomeye yo mu bwongereza

Agashya: Umukinnyi ukomeye wa Manchester United yahawe ubupadiri