in

Umuherwe Elon Musk yatewe ishoti avanwa ku mwanya wa mbere ku isi mu batunze agatubutse

Umuherwe Elon Musk ukuriye urubuga rwa Twitter, yakuwe ku mwanya wa mbere ku isi mu batunze agatubutse.

Uyu mugabo yagitswe n’umushoramari ukomeye cyane mu gihugu cy’u Bufaransa, Bertrand Arnault wibitseho agera kuri miliyari 226.

Kuri ubu Elon Musk ari ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwasohowe na Forbes muri uku kwezi.

Kuri urwo rutonde kandi, hagaragaraho abandi bakire nka Jeff Bezos uri ku mwanya wa gatatu, Larry Ellison na Bill Gates uri ku mwanya wa Gatanu.

Uyu Mufaransa uyoboye urutonde afite uruganda ruzwi cyane nka LVMH Moet Hennessey Louis Vuitton.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umucamanza yakatiye igihano cy’urupfu isake kubera icyaha gitangaje ishinzwa

Kiyovu Sports ishobora gutera mpaga ikipe ya Rwamagana City ya batsinze ibitego 3-2