in

Umuhanzikazi Tiwa Savage yavuze ko atazongera kubitsa mama we ibanga kubera ibintu yamukoreye

Umuhanzikazi Tiwatope Savage uzwi kw’izina rya Tiwa Savage muri muzika ya Nigeria yasezeranyije nyina umubyara ko ntabanga ntarime azongera kumubitsa.

Ibi yabivuze nyuma y’uko abwiye nyina ko izitabira igitaramo cyo kwimika Umwami w’ubwongereza Charles ||| yarangiza akabishyira hanze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Asigaye aseka bikamubera si nka mbere acyiri ku ishaza! Miss Rwanda 2022 Muheto Divine yagaragaye mu mafoto yo mu bihe bitandukanye yishimiye ubuzima bwiza ari kubamo (AMAFOTO)

Umwana muto w’umukobwa umenyerewe muri ‘Nyaxo Comedy’ ari we Kellia abinyujije mu mashusho magufi yavuze ikibazo afite kimukomereye ndetse asaba n’abamukunda ku muha ubufasha cyane cyane inama zabo