in

Umuhanzikazi Bwiza yahaye igisubizo gitangaje umufana we wamubwiye ko aseka neza

Umuhanzikazi Bwiza yasubije umwe mu bafana be wamubwiye ko aseka neza amusaba kwigurira n’akantu. Ni nyuma yuko Bwiza yari amaze gushyira hanze ifoto ye ikurikira abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook.

Nyuma yuko iyi foto ya Bwiza igihe hanze binyujijwe kuri Facebook, umwe mu bafana be yamubwiye amagambo agira ati « Useka neza ujye wigurira akantu pe😍😍😍 ». Bwiza yahise amusubiza akoresheje akarango k’umutima (❤️).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Last born
Last born
1 year ago

Bwiza nakind naguha usiby kugum nkakunda music yaw peee😍

Isabukuru nziza Rukundo rwanjye, ndagukunda cyane! – Riderman yifurije isabukuru nziza umufasha we

“N’ababikira bareba Prono” Papa Francis yaburiye abantu bareba filime z’urukozasoni