in

Umuhanzikazi Bwiza ugezweho muri iyi minsi yavuze ko muri uyu mwaka azibaruka imfura ye muri muzika

Umuhanzikazi Bwiza ugezweho muri iyi minsi, yavuze ko uyu mwaka araza kwibaruka imfura ye muri muzika.

Uyu muhanzikazi ubarizwa muri Kikac yemeje ko uyu mwaka aribaruka imfura muri muziki aho iyo mfura ari alubumu ye ya mbere.

Mu kiganiro na RadioTv10 yavuze ko ari gutegura kuyishyira hanze mu kwezi kwa 10 muri uyu mwaka, aho azakora igitaramo mbaturamugabo cyo kuyimurika.

Yemeza ayo makuru yavuze kwibaruka aho yabigereranyije no gusohora iyo alubumu ye.

Yagize ati: “Ni album ngereranya nkimfura yanjye ku buryo mbifata nko kuzaba nibarutse umwana wanjye wa mbere muri muzika.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa b’ibitontore n’imyambarire ishotorana mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction cyaraye kibaye (AMAFOTO)

Igitangaza k’Imana! Umugore yabyaye impanga z’abana 5 nyuma y’imyaka 8 yarabuze urubyaro gusa umugabo we akibimenya, yahise akora igikorwa cya mbere cy’ububwa