in

Umuhanzi uzwi mu Rwanda no hanze yarwo, ntakozwa ibyo gusubira kwiga ngo abanze arangize amashuri abanza (Primary) kubera impamvu abantu bose bari gushyigikira

Umuhanzi uzwi mu Rwanda no hanze yarwo, ntakozwa ibyo gusubira kwiga ngo abanze arangize amashuri abanza (Primary) kubera impamvu abantu bose bari gushyigikira.

Umuhanzi Edd Kenzo yavuze ko atazigera asubira ku ishuri kuko yabonye ibyo abandi baba bakeneye iyo bagiye kwiga.

Eddy Kenzo ntabwo akozwa ibyo gusibira ku ishuri ngo atere ikirege mu cya mugenzi we Jose Chameleone uheruka kurangiza icyiciro cya kabiri cya kaminuza.

Eddy Kenzo akunze kwibasirwa cyane ku bwo kuba atarize.

Eddy Kenzo wibasirwa bigeze aho, yahagaritse kwiga ubwo yari ageze mu mwaka wa kane w’amashuri abanza hanyuma akurikirana inzozi ze zo kuba umuhanzi ndetse abigiriramo amahirwe abasha guhirwa mu muziki.

Yatangiye umuziki ku myaka 19.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bungukiye mu kavuyo! Ingaragu Papa Sava na Bamenya bimaze ipfa ku bakobwa mu bukwe bari batashye bw’umukinnyi wa filime (VIDEWO)

Cyakora abahanzi barihangana: Phil Peter umukobwa yamukaragiyeho igice cye cy’inyuma maze ahita atangira guhitishamo abakunzi be ibintu bibiri -AMAFOTO