in

Umuhanzi ukunzwe cyane muri America yavuze ko yiryamanira n’abagabo bagenzi be

Umuhanzi ukomeye cyane w’Umunyamerika Tevin Jermod Campbell, yatangaje ko ari umwe mu bakundana ndetse baryamana bahuje ibitsina.

Abakurikiranira hafi imirimo y’umuziki we batangiye guhwihwisa ko yaba akunda abagabo bagenzi be mu 1993 ubwo yasohoraga indirimbo yise “Can We Talk” yaganishaga kuri iyo ngingo.

Mu minsi yashize yagiye kuri Twitter yandikaho nge ndi (…) ashyiraho iberemdera ry’abaryamana bahuje ibitsina.

Aherutse ndetse no gukora ikiganiro mu itangazamakuru yemerera imbaga myamwinshi ko yikundira bagenzi be b’abagabo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon sport yatanze ubutumwa bukomeye ku makipe bahanganye

Yamuteyeho kashe: Ruzindana Kelia uri mu rukundo na Element Eleeh yashimangiye uburanga bwe (Amafoto)