in

Umuhanzi ukunzwe n’abanyarwandaka n’abanyamahanga batari bake akomeje guhabwa urwamenyo nyuma yo kugaragara mu mujyi rwagati ari gutwara yasinze agatangira gutonganya abagenzi

Umuhanzi ukomeye akomeje guhabwa urwamenyo nyuma yo kugaragara mu mujyi rwagati ari gutwara yasinze agatangira gutonganya abagenzi. 

 

Umuhanzi Weasel Manizo wahoze mu itsinda rya GoodLyfe, akomeje guhabwa urw’ amenyo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kongera kugaragara mu mihanda ya Kampala yasinze atwaye imodoka kandi ari gutongona. Reba Videwo.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akora 12 ataruhuka: Nelly Pucuri wamenyekanye muri Pucuri ya Okkama ari i Dubai mu kazi katoroshye [videwo]

Bamuhaye urw’amenyo: Umuhanzi w’icyamamare ukunzwe cyane n’abanyarwanda akomeje guseba nyuma yo kugaragara yasinze atwaye imodoka akora ibintu bigayitse -AMASHUSHO