in

Umuhanzi #Ruger uri i Kigali yavuze impamvu akunda gupfuka ijisho rye rimwe

Ruger yavuze ko gupfuka ijisho rye rimwe ari uburyo yahisemo azajya agaragaramo

Umuhanzi Ruger ukomoka muri Nigeria kuri ubu akaba ari i Kigali aho yaje gutaramira abanyarwanda mu gitaramo cyateguwe na Drip city entertainment yavuze impamvu akunda gupfuka ijisho rye rimwe. Uyu musore akunze kugaragara kenshi yapfutse ijisho rye rimwe ndetse hari na benshi bakunze gukeka ko yaba afite ijisho rimwe gusa ntabwo ariko bimeze.

Mu kiganiro Ruger yagiranye n’itangazamakuru ku munsi w’ejo yavuze ko impamvu akunze gupfuka ijisho rye rimwe ari uko aribwo buryo we yihitiyemo ubwe kugirango abe ariko azajya agaragara.

Ruger yavuze ko gupfuka ijisho rye rimwe ari uburyo yahisemo azajya agaragaramo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakoresha twitter bamaze kwemeza ko uyu mwana ari uwa Meddy

Iby’urugo rwa Alikiba n’umugore we imbwa zabirwaniyemo