in

Umuhanzi Platini yerekeje hanze y’u Rwanda

Umuhanzi Platini wamenyekanye mu itsinda rya Dream boys aho yafatanyaga na mugenzi Tmc usigaye utuye muri America.

Mu ijoro ryakeye umuhanzi Platini yafashe rutema ikirere yerekeza muri America aho agiye gukorera ibitaramo bitandukanye mu mijyi itandukanye yaho.

Platini yemeje ko agiye kumara igihe cy’amezi abiri ari mu gihugu cy’amerika ndetse ateganya kuhakorera ibikorwa bitandukanye birimo gufata amashusho y’indirimbo ze.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ahari iya higaga yahiye ijanja!Masudi Djuma bikomeje kwanga mu gutoza

Breaking news: Rutahizamu w’ibihe byose mu Rwanda yageze i Kigali