Imyidagaduro
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.

Umuhanzi Nyarwanda, Nemeye Platini wahoze mu itsinda rya Dream Boys biravugwa ko arimo gitegura ubukwe mu ibanga rikomeye.
Nk’uko byatangajwe n’igihe ngo uyu muhanzi utarigeze na rimwe avugwa mu nkuru z’urukundo ndetse wagiye wanga guhamya ko afite umukunzi, arimo gutegura ubukwe ndetse bushobora kuzaba muri Mata uyu mwaka.
Mu nkuru zagiye zisohoka mu bitangazamakuru bitandukanye, Platini yakunze kumvikana avuga ko adafite umukunzi ndetse akirinda kugira amakuru menshi atangaza.
Nubwo amakuru y’ubukwe bw’uyu muhanzi yagizwe ibanga rikomeye,ariko amakuru aravuga ko uyu muhanzi amaze igihe abutegura bucece, bukazataha tariki 27 Mata 2021.
Usibye itariki y’ubukwe bw’uyu muhanzi, byinshi ku mukunzi we cyangwa kuri gahunda y’uwo munsi biragoye ko hagira ubikubwira mu batumiwe, buri wese yahawe amabwiriza yo kugira ibanga rikomeye.
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima19 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga11 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho18 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda7 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda7 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana