in

Umuhanzi Papa Cyangwe yatangaje inkuru nziza ku bakunzi be

 

Umuhanzi Papa Cyangwe w’umuraperi ukunzwe cyane hano mu Rwanda n’urubyiruko yamaze gutangaza ko agiye gushyira hanze indirimbo ye nshya yaritegerejwe na benshi mu bakunzi be.

Papa Cyangwe ukunze gushyushya imyidagaduru yamaze kwemeza ko nyuma y’igihe adasohora indirimbo agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise ‘Wesha’ yatangiye kuvugisha benshi itarasohoka dore ko igomba gusohoka tariki 20 Mata 2023.

Papa Cyangwe uzwiho gushyushya abafana ndetse no gukora indirimbo zibyinitse kandi zirimo amagambo akunda gukoreshwa na benshi mu rubyiruko biravugwa ko iyi ndirimbo nayo ari mwe mu ndirimbo ishobora gukundwa cyane n’urubyiruko.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Riderman yatangaje amagambo asobanuye byinshi ku muryango we

Mu gihe ‘Kashe’ yaryoheraga izindi nkundo, Element wayihimbye amarira n’agahinda byari byose umutima wenda gusandara