in ,

Umuhanzi Kid Gaju yashyize hanze indirimbo yakoranye na The Ben ubwo aheruka mu Rwanda

Bimwe mu bikorwa umuhanzi The ben yakoze ubwo aheruka mu rwanda mu gitaramo yataramiyemo abanyarwanda cya East african party byatangiye kujya ahagaragara.

Umuhanzi Mugisha Benjamin(The Ben) ubwo aheruka mu rwanda mu gitaramo yari yatumiwemo na EAP cya East African party nyuma yacyo akaba yarakoranye indirimbo nabahanzi batandukanye ba hano mu rwanda bakomeye.
1455083729_the_ben

kuri ubu umuhanzi Kid Gaju akaba yamaze gushyira hanze indirimbo yakoranye na The ben bakaba barayise”Kami”.kido

Nkuko bigaragara ku rukuta rwa instagram rwa The Ben akaba yashyizeho amwe mu mafoto agaragara muri video yiyi ndirimbo avuga ko izasohoka kuwa kane kuri 20 Mata 2017.

jgh

 5
2
1

Mu bahanzi The ben yasize akoranye nabo ntago ari Kid gaju gusa dore ko na Pacson yashyize hanze indirimbo yitwa “Champion” yakoranye na Then na Bull Dogg ndetse na Green p.

Written by YEGOBMUSIC

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’abakinnyi bo mu Rwanda bakundana n’abakobwa beza kurusha abandi (amafoto)

Umuhanzi Diamond Platnumz agiye gushyira hanze ubwoko bwa parfum buzamwitirirwa