in

Umuhanzi Davis D ari kuririra mu myotsi nyuma yo gushora akavagari k’amafaranga ibyo yashoyemo bigakuburwa nk’umusenyi wo mu mpeshyi

Umuhanzi Davis D ari kuririra mu myotsi nyuma yo gushora akavagari k’amafaranga ibyo yashoyemo bigakuburwa nk’umusenyi wo mu mpeshyi.

Amashusho y’indirimbo ‘Bermuda ‘Davis D yakoranye na Bull Dogg ndetse na Bushali yasibwe kuri YouTube nyuma yo kuregwa n’uwayicuranzemo ‘Saxophone’.

Mu kiganiro Davis D yahaye IGIHE nyuma y’uko indirimbo ye isibwe, yavuze ko ari ibintu byamutunguye kuko atari byo yari yiteze, ahamya ko yatangiye ibiganiro byo gushaka uko yagarurwa kuri Youtube.

Davis D yavuze ko ari kuvugana n’uyu wasibishije indirimbo ye kugira ngo hamenyekanye icyabaye niba abifite mu bushobozi bibe byakemuka.

Ati “Njye Element namwishyuye ibyo twumvikanye, abaye atarakemuye ikibazo cye n’uriya munya-Nigeria yaba ari njye yahemukiye. Ubu natangiye gukurikirana ngo menye ikibyihishe inyuma.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo n’iya miliyoni! Ibiciro bya Mudasobwa zigiye guhabwa abanyeshuri ba Kaminuza byatumye bakuka imitima ariko bibutse ko ari inguzanyo bagiye kuzaka nk’amasuka yo mu ihinga

Ku musatsi usa umweru nk’umuceri utagira ibirungo, Byiringiro Lague n’umugore we Kelia bakoreye umwana wabo isabukuru y’amavuko nyuma yo kuzuza amezi avutse (AMAFOTO)