in

umuhanzi Danny Nanone nawe agiye kurya kuy’Abarabu

Nyuma y’iminsi y’uko Danny Nanone agiye kwiga umuziki ku Nyundo abantu bagatangira kuvuga ko azimye atazongera kwigarurira abakunzi bu muziki nyarwanda ariko ibyo akaza kwerekana ko ababivuga bibeshye dore ko akiza indirimbo yakoze yahise zikundwa cyane uhereye ku yo yose “iminsi myinshi” yakoze asa nkugaragaza ko yarakumbuye abakunze be ndetse muri iyi ndirimbo agaragaza mo aburakari bwinshi kubagiye bamutega iminsi.

Danny Nanone wa kera.
Danny Nanone w’ubu.

Danny Nanone aherutse gushyira hanze indirimbo yise “My type” ndetse iyi ndirimbo ikaza no guteza uruntu runtu kuko yavanye yaje kuvanamo umuhanzi Bruce Melody kubwo kumuca amafaranga menshi kugirango iyo ndirimbo isohoke.

 

Nyuma ya bahanzi nka Riderman,Davis D,Bull dog n’abandi umuhanzi Danny Nanone nawe agiye kurya ku mafaranga ya Abarabu,abingujije ku mbuga nkoranyambaga ze Danny Nanone yasangije abakunzi be ko ari hafi kujya gutaramira abanyarwanda batuye Dubai.

Danny uzataramira I Dubai.

Danny Nanone azataramira abanyarwanda batuye Dubai ndetse n’abanya Dubai muri uku kwezi kwa Nyakanga kuwa 14 ahitwa Fortune Pearl Hotel.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mwaka gahunda n’ugutwara igikombe: Abakinnyi ba Arsenal bakoze igikorwa kidasanzwe gishobora gutuma begukana ibikombe cya shampiyona (Amafoto)

Mbega urukundo! Iyumvire ibyo Makanyaga yakoze kubera umukobwa uve kuri mwe mwirirwa mubeshyanya ngo murakundana