in

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime ugezweho mu Rwanda yabatijwe mu mazi menshi maza benshi bavuga ko ari ukugira ngo arongore umukobwa w’umurokore (uri kose)

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime ugezweho mu Rwanda yabatijwe mu mazi menshi maza benshi bavuga ko ari ukugira ngo arongore umukobwa w’umurokore (uri kose)

Bahati Makaca wamamariye muri Just Family yabatijwe mu mazi magari ubu agiye gukora.

Uyu munyamuziki yabatijwe na Apôtre Alice Mignone Kabera Umushumba Mukuru wa Noble Family Church ku wa 28 Gicurasi 2023.

Bahati umaze umwaka asengera muri Noble Family Church avuga ko amaze igihe kinini yarakiriye Yesu Kirisitu ariko akaba yari atarafata umwanzuro wo kubatizwa ngo abe icyaremwe gishya.

Bahati yagize icyo avuga ku byavuzwe ko yabatijwe kubera umukobwa witwa Cecile bazarushinga mu Kanama.

Ati “Kuba mbatijwe ntaho bihuriye n’ uko ngiye gukora ubukwe cyangwa se fiancé wanjye yaba asengera hano ibyo si byo, na we asanzwe ari umukirisitu usengera muri Zion Temple.”

“Yego agakiza kadufasha kubana neza na bo tugiye kubakana, gusa hamwe n’Imana ni yo izabona ko nkwiriye urugo rwiza, naho ababihuza n’ubukwe nababwira ko ataribyo pe.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyana hafi aho: Ndimbati yagaragaye ari kubyina ari kumwe b’abanyarwandakazi b’ibizungerezi – VIDEWO

Iyi Mbwa irusha benshi kubaho ubuzima bwiza! Hano ku isi hari imbwa ifite inzu y’agaciro ka Miliyoni 20 ikaba irara ku gitanda nk’abantu ndetse ireba na televiziyo mu budasanzwe (AMAFOTO)