in

Ibyana hafi aho: Ndimbati yagaragaye ari kubyina ari kumwe b’abanyarwandakazi b’ibizungerezi – VIDEWO

Ndimbati umaze kuba ikimenyabose muri filime nyarwanda nko muri Papa Sava na City Maid, yagaragaye ari kubyinana n’abandi bakobwa b’abanyarwandakazi.

Ni amashusho yafashwe ubwo abagize filime Papa Sava bari mu modoka aho bari bagiye gutembera, Ndimbati yagaragaye ari guceza umuziki ndetse n’abandi nka Madederi ndetse na Mama Sava.

Reba amashusho aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byose babishyize hanze: Amashusho ya Zari wabyaranye na Diamond Platinumz wagaragaye yishimana n’umugabo we Shakib bari mu cyumba cy’abashakanye – VIDEWO

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime ugezweho mu Rwanda yabatijwe mu mazi menshi maza benshi bavuga ko ari ukugira ngo arongore umukobwa w’umurokore (uri kose)