in

Iyi Mbwa irusha benshi kubaho ubuzima bwiza! Hano ku isi hari imbwa ifite inzu y’agaciro ka Miliyoni 20 ikaba irara ku gitanda nk’abantu ndetse ireba na televiziyo mu budasanzwe (AMAFOTO)

Hano ku isi hari imbwa ifite inzu y’agaciro ka Miliyoni 20 ikaba irara ku gitanda nk’abantu ndetse ireba na televiziyo mu budasanzwe.

Umugabo witwa Brent Rivera uzwi cyane kuri YouTube yubakiye inzu y’agatangaza imbwa ye.

Brent Rivera yemeje ko iyinzu y’imbwa ye yitwa Charly yamutwaye asaga 22,650,000 y’Amafaranga y’u Rwanda dore ko iyi nzu irimo , Firigo , ubwogero ndetse na Televiziyo.

Brent Rivera ukomoka muri Califonia ho muri Amerika  yubatse iyi nzu yise ‘Dream House’ maze imutwara asanga Miliyoni 22 mu mafaranga y’u Rwanda.

Uyu mugabo yifashe amashusho agaragaza urugendo rwe rwo kubaka iyi nzu ndetse avuga ko azayimurikira imbwa ye ku munsi w’isabukuru y’amavuko yayo.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime ugezweho mu Rwanda yabatijwe mu mazi menshi maza benshi bavuga ko ari ukugira ngo arongore umukobwa w’umurokore (uri kose)

Intare ishaka inyama ntawayihagarara imbere koko: Irebere ibitego biteye amabengeza byatumye ikipe ya APR FC yegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda (video)