in

Umugore yihenuye ku mugabo we wize ubuforomo ,none reba ibyamubayeho

a mid adult doctor looks to camera on the hospital ward ,with a young male nurse , patient , and relative in the background.

Umugore yihimuye ku mugabo we wari ugiye kwiga ubuvuzi mu mahanga maze asaba gatanya none uyu mugabo asigaye abayeho neza kugeza ubwo uyu mugore amwifuza.

Umugabo ngo yakomerekejwe umutima no kubona umugore yatse gatanya amuziza ko agiye kwiga mu mahanga amasomo y’ubuganga.

Bivugwa ko yatandukanye n’umugore we igihe yemererwaga kwiga ubuforomo, kubera ko yatekerezaga ko ashaka guhangana na we, ariko ntibyamubujije gukomeza imigambi ye aremera baratandukana.

Magingo aya uyu mugabo ameze neza kuko ubu yarangije amashuri yubuforomo nyuma y’aho umugore we amutaye.

Inshuti ye izwi kuri Twitter nka Okosisi 1 @ Realchuka yanditse kuri Twitter inkuru ishimishije y’uyu mugabo , maze avuga ko amwishimiye ndetse ko umugore asigaye yumva yamugarukira bitagishobotse.

Yanditse; ”Umusore wanjye yatawe n’ umugore we , hashize imyaka mike  yabonye uburenganzira bwo kwiga Ubuforomo, yampamagaye nimugoroba ambwira ko yarangije kwiga. Ndishimye cyane kuri we ,umugore we aramwifuza”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe yirukanywe mu mupira w’amaguru kubera ibitego yatsinze

Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino na Mozambique.